Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Perezida Paul Kagame avuga ko u Rwanda rushyigikiye byimazeyo, Ikigo cy’Icyitegererezo cy’Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, cyatashywe kuri uyu wa Kabiri i Lyon mu Bufaransa.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...
Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Perezida wa Banki y’Abarabu y’Iterambere ry'Ubukungu muri Afurika, BADEA, Dr. Sidi Ould Tah, ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Abacuruzi bato bambukiranya imipaka mu Karere ka Rusizi, baravuga ko urujya n'uruza ku mipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugenda rusubira uko rwahoze nyuma yo kugirwa ...
Abanye-Congo bari barahunze intambara imaze iminsi ihuza M23 n'Ingabo za DRC, FARDC, Umutwe w'Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, batangiye gusubira mu gihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry'Ubwenge Buhangano muri Afurika ko abakora muri uru rwego bakwiriye kongererwa ubushobozi ndetse n'ibikorwaremezo ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Results that may be inaccessible to you are currently showing.
Hide inaccessible results