Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira Israel - Premier Tech yegukanye Agace ka Kabiri ka #TdRwanda2025 ka Kigali-Musanze, kakiniwe ku ntera y'ibilometero 112.8, akoresheje 3h00'39''. Umufaransa ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Abatwara moto n’abazitunze bavuga ko kuba hari sosiyete imwe yemeye kubaha ubwishingizi bituma igiciro kirushaho kuzamuka, kubera ko nta handi babona iyo serivisi. Kugeza ubu Sosiyete y’Ubwishingizi ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results